News

Irushanwa ryo kwibuka abo mu muryango mugari wa Basketball bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 ryatangiye gukinwa kuri ...
Haringingo asize Bugesera FC yaramaze gusezererwa mu mikino y’Igikombe cy’Amahoro ndetse muri Shampiyona iri ku mwanya wa 15, ...
Police FC yatsinze Gasogi United mu mukino ufungura iy’umunsi wa 24 (Amafoto) Police FC yatsinze Gasogi United, ibitego 2-0 ...
Abadepite bagize komisiyo y’Ubumwe bw’Abanyarwanda, Uburenganzira bwa Muntu no Ku rwanya Jenoside basabye Urwego rw’Abanyamakuru Bigenzura, RMC, gukemura ikibazo cya bamwe mu banyamakuru batangaza ...
Minisitiri w’Ubutabera akaba n’Intumwa Nkuru ya Leta, Dr Ugirashebuja Emmanuel, yatangaje ko hari gukorwa umushinga w’ubwenge buhangano (AI) uzahuriza hamwe amategeko yose by’umwihariko afite icyo ...
Kuri uyu wa Kabiri, Perezida Paul Kagame yakiriye muri Village Urugwiro, abayobozi batandukanye barimo Minisitiri w'Ububanyi n'Amahanga wa Sénégal, Yassine Fall, wamugejejeho ubutumwa bwa Perezida ...
Tariki 20 Mata 1994, ubwo Jenoside yakorewe Abatutsi yari irimbanyije mu bice byose by’Igihugu, ni bwo Captain Ildephonse Nizeyimana, wari ushinzwe Ubutasi mu Kigo cya Gisirikare cya ESO [École des ...
Bamwe mu borozi bo mu Karere ka Nyagatare, basabye inzego zitandukanye kubafasha gushakira umuti ikibazo cy’amwe mu makusanyirizo mato azwi nka MCPs (Milk Collection Points) atagikora, bikaba bikomeje ...
Abivuriza ku Bitaro byo ku rwego rwa kabiri byigisha bya Kibogora (Kibogora Level Two Teaching Hospital) mu Karere ka Nyamasheke bavuze ko kuba begerejwe serivisi yo kubaga abarwayi hifashishijwe ...
Itsinda ry’Abaririmbyi rya Healing Worship Ministry ryatangiye imyiteguro y'Igiterane cyo guhimbaza Imana ryise 'Heal Fest Worship Experience'. Iki gitaramo kizaba tariki 15 Kamena 2025, muri Camp ...